Kibungo : Mu nkambi y’abahoze muri M23 havugiye urufaya rw’amasasu Yanditswe kuya 2-09-2013 na IGIHE
Muri uru rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri, mu nkambi y’abahoze muri M23 aho bacumbukiwe mu kagari ka Cyasemakamba, Umurenge wa Kibungo, Akarere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, humvikanye urufaya rw’amasasu, bivugwa ko izi mpunzi zazindukiye mu myigaragambyo zishaka gutoroka inkambi, abashinzwe kuzirinda bakazikoma mu nkokora. Amakuru atugeraho ni uko izo mpunzi zikomoka mu barwanyi bo muri M23 aho ziri mu nkambi zabyutse zigaragambya ndetse zishaka kurwanya abashinzwe kuzirinda, zishaka no gutoroka habaho kurasa mu kirere. Abo barwanyi ngo bavuga ko barambiwe kuba mu nkambi. Muri iki gitondo inkambi icungiwe umutekano cyane, kuko hamaze kugera abashinzwe umutekano benshi barimo Abapolisi n’Abasilikare, ariko kandi mu muhanda uva ku biro by’Akarere ka Ngoma ugana kuri INATEK harimo amabuye menshi yaterwaga n’izo mpunzi zigaragambyaga zikomeretsa Abapolisi bane. Iyi nkambi iri ahahoze ari Gereza y’abapolisi. Iyo nkambi irimo abarwanyi bahoze muri M23, nyuma y’uko habaye ubwumvikane buke muri uwo mutwe, igice kiyobowe na Pasiteri Runiga n’abarwanyi bagera kuri 600 bahungira mu Rwanda. U Rwanda rwarabakiriye rubashyira mu nkambi mu karere ka Ngoma iri kure y’igihugu cyabo, none bakaba bazindukiye mu myigaragambyo, bashaka gutoroka. JK : Ejo bazatubwira ko zashoboye gutoroka ko zagiye kugirango hatazagira uwibaza uko zasubijwe mungabo za M23. Aliko se ko batubwiye ko zaje mu Rwanda zihahungiye, ziratoroka ngo zijye he? Aho ntizaba zigaragambije kuko zidashaka ahubwo gusubizwa kurwana muli M23? Ni ugutegereza ko hazagira ushobora akazatubwira ukuli kwabyo.
Mar 25, 2015 - bwije uko bukeye bakakubwira ko u Rwanda ari igihugu cya mbere muri Afurika abaturage bafite umudendezo(umutekano). (Gasana Anastase ...
|by'uko M23 iri gutegura ibitero nta bwo ari igitangaza, kubera ko Paul Kagame ahe rwagorwa ye! Gutegekwa n'umuperezida utekereza nk'abana nabyo ni ...
ko ibibazo by'u Rwanda ari. FPR. FPR yashyizemo n'amarangamutima menshi no kwiriza yerekana ko ariyo victime mu bibazo. FDLR ifite icyasha cyo kuba ...
y'Uburasirazuba EAC muri 1977, ari uko Kenya ariyo yihariraga inyungu z'umuyango. Yakomeje agira ati âByabaye mbere, ariko ndatekereza ko abayobozi ...
irinda umubiri kuba wakumva ububabare ubwo ari bwo bwose buwuriho, ariko by'umwihariko . Kwirinda kuba wafatwa n'indwara ya Cancer irwe yo kutafatwa ...
Ilyo yicuye mu gitondo, ikigero cy'uwo musemburo kiba Cyazamutse ku. Umugore na we umubiri we nijoro ukora uwo musemburo, ariko ugacibwa intege n'indi ...
Inkongi z'umuriro mu Rwanda ntabwo ari umutego w'umwanzi nutekano mu gihugu, Sheikh Musa Fazil Harelimana, yagaragaje ko inkongi z'umuriro za hato na ...
rya âKimasa cy'amabokoâ, yerekeje mu byahoze ari Perefegitura za Butare,. Mujyi wa Kigali n'uburasirazuba. Mu mwaka wa 2012, Brig. Gen. Dan Gapfizi yagiye.
Ingabo y'igihugu iyo ari yo yose ifite uruhare runini mu kubaka u Rwanda. 7.1. U Rwanda rw'amahoro. Intambara tumazemo imyaka itatu yatweretse akamaro ...
appliance (e.g. heater, electric ice maker, etc.). ..... Wipe the door seal with clear water only and then ...... température de service idéale, vu qu'à l'instant où.
Jan 8, 2016 - In differential equation form, ... which is an eigenvalue equation. ... The maximum of the above function can be found by solving the following differential ..... A variation of Hebb's rule is used to train the weights, wi: ... The para