Kwambara impeta ku bashakanye bigenda bita gaciro Yanditswe ku itariki ya: 7-05-2013
http://www.kigalitoday.com
Mu madini n’amatorero atandukanye, abashyingiranywe bambikana impeta nk’ikimenyetso cy’urukundo n’ubudahemuka baba basezeranye. Kuri ubu hari abashakanye batakizikoza, bakaba bavuga icyangombwa ari ukuzirikana isezerano.
Abakimara gushinga urugo bita « jeunes mariés », ubabwirwa n’uko bambaye impeta ku rutoki rwa kane rw’ikiganza cy’ibumoso. Abo bishimira kwambara impeta kuko ibafasha kumenyesha abantu ko bahinduye imibereho. Mbarushimana Daniel umaze umwaka ashinze urugo avuga ko aha agaciro impeta umugore we yamwambitse imbere y’itorero. Ngo iyo areba iyo mpeta ayibonamo amasezerano yagiriye umugore we, bityo akaba atakinisha kuyatenguha. Uwo muco wo kwambara impeta ariko siko wubahirizwa n’abarushinze bose. Bamwe mu bamaze igihe kirekire bashakanye, usanga impeta bambikanye batakizambara. Abo rero batanga impamvu zitandukanye, zirimo kuzibura, kutabakwira n’abavuga ko kwambara impeta atari ngombwa. Thaddée, umaze imyaka 15 ashatse akaba afite abana 5, atangaza ko mu myaka yose ishize impeta yambitswe n’umugore we yaba itakiriho. Ngo hari abazibura cyangwa abo zisaza bakagura izindi, ariko we abona kwaba ari ugusesagura kuko isezerano riba ku mutima. Bamwe mu rubyiruko bavuga ko hari abagabo cyangwa abagore banga kwambara impeta, bagira ngo babeshye urubyiruko ko ari ngaragu, maze bakundane. Ibyo ariko siko Thaddée abibona, kuko avuga ko kutambara impeta ntaho bihuriye no kugaragaza ko ukunda umugore wa we kuko ngo hari n’ababaca inyuma kandi n’izo mpeta bazambaye. Nk’uko tubikesha urubuga www.gemme-fashion.com, ngo kwambara impeta ku bashakanye byatangiye hagati mu kinyejana cya 16, bitangirira mu bihugu by’Uburayi. Icyo gihe ni abagabo bonyine bambikwaga impeta. Mu kinyejana cya 19 niho n’abagore batangiye kwambikwa impeta. Ku banyamadini, impeta igaragaza ko umubano w’umugabo n’umugore wahawe umugisha; ngo impeta ikorwa mu cyuma nk’ikimenyetso cy’ inzira y’ubuzima bwa Muntu ndetse no kubana ku buryo buhoraho. Kuri ubu, hari aho bigaragara ko iyo umusore n’umukobwa bemeranyije kuzabana, umusore yambika umukobwa impeta (alliance de fiançailles), icyo kikaba ari ikimenyetso kigaragariza abantu bose ko uwo mukobwa yiteguye gushinga urugo, bityo ntihagire undi musore wamwibeshyaho. Marie Josee Uwiringira
férents pôles d'activités qui touchent la santé. Que ce soit sur le marché du matériel destiné aux professionnels avec plus de 4 000 références ou sur le marché.
2. supervised learning on the same dataset enriched by clustering. â¡ clustering on ... 10 datasets coming from UCI Machine Learning Repository. â¡ 5 two-fold ...
voiturage (22) et de voir se développer des pistes cyclables (17). ... 37 signataires n ont pas forcément émis de choix quant aux variantes d aménagement.
2-ſeat 2. 42. 71-y-lla ---4--a lo 9- ster. (2- a cata. C-2-1-1-1-4 e-a-2 - A alſ. 5% of (g a 22. 22, 23. - C24. 4. a/-lle - is a rare r 2--------e. A 4-2 to -. 2-l. C. ze 2- 24-4 2s.
Projection: Transverse Mercator. Datum: WGS 1984. Units: Meter. The depiction and use of boundaries, geographic names and related data shown here are not warranted to be error-free nor do they imply official endorsement or acceptance by the United Na
The boundaries and names shown and the designations used on this map do not imply official endorsement or acceptance by United Nations. Sites des PDIs.
Auxiliary Input : This stereo 3.5 mm (1/8 ) input can be used to connect a CD player, MP3 player, or other audio source. 2. USB Port : Open the rear cover to access the USB port. Connect your smartphoness charge cable here to charge it. In order t